Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, Perezida wa BAL, Amadou Gallo Fall, na Leah McNab ushinzwe ibikorwa mpuzamahanga muri NBA bagaruka ku buryo irushanwa rya BAL ryateye imbere byihuse mu myaka ine ishize n’uburyo imikino ishobora kubyarira Afurika amahirwe y’iterambere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na Clare Akamanzi, Amadou Gallo na McNab ku iterambere rya BAL
18 May 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda
9 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera.
-
Amafoto yaranze ibirori by’imikino ya BAL byitabiriwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame
18 May 2025, by Iradukunda OlivierKu nshuro ya gatanu yikurikiranya, i Kigali hatangiye kubera imikino y’irushanwa mpuzamahanga rya Basketball Africa League, rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Basketball.
-
RDF yatangaje ko FDLR igizwe n’abarwanyi bagera ku bihumbi 10
11 June 2025, by IGIHEUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR, ubu babarirwa hagati y’ibihumbi birindwi n’ibihumbi 10.
-
U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 796 bari barafashwe bugwate na FDLR
19 May 2025, by Jean de Dieu Tuyizere, Ndahayo EmmanuelU Rwanda rwakiriye kuri uyu wa 19 Gicurasi 2025 abandi Banyarwanda 796 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje igishobora kubangamira ibiganiro by’u Rwanda na RDC
11 June 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko kumena amabanga y’ibiganiro by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biyoborwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bishobora gutuma bidatanga umusaruro mwiza byitezweho.
-
Perezida Kagame yagaragaje icyatuma umutekano wa Afurika ugerwaho itavangiwe n’amahanga
19 May 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko Afurika ikwiye kwita ku nkingi yo kwishakamo ibisubizo biyifasha kwirindira umutekano, yirinda ko ukomeza kujya mu maboko y’amahanga kuko mu myaka myinshi yashize bikorwa n’abandi, nta musaruro byatanze ku mugabane no ku Isi muri rusange.
-
Ingengo y’imari ya 2025/26 ni miliyari 7.032,5 Frw; ubukungu buzazamuka kuri 7,1%
12 June 2025, by IGIHEMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yussuf Murangwa, yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7,1% mu 2025, mu gihe mu 2026 buzagera kuri 7,5%, 7,4% mu 2027 na 7% mu 2028.
-
Imbamutima z’Abanyarwanda bari barafashwe bugwate na FDLR
20 May 2025, by Ndahayo EmmanuelAbanyarwanda 1.156 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bamaze kugera mu Rwanda mu byiciro bibiri, aho batangiye kwitabwaho kugira ngo bazasubizwe mu buzima busanzwe mu minsi iri imbere.
-
Miliyari 850 Frw yagenewe kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera
13 June 2025, by Uwimana AbrahamMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko Leta yateganyije miliyoni 600$ [arenga miliyari 853,6 Frw] mu ngengo y’Imari y’umwaka wa 2025/26, azakoreshwa mu mirimo yo kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, kiri kubakwa i Bugesera.
IGIHE