Sosiyete Nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko yasubitse ingendo ziva n’izijya i Doha muri Qatar zari ziteganyijwe ku wa 23 na 24 Kamena 2025, bitewe n’uko icyo gihugu cyafunze ikirere cyacyo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Rwandair yasubitse ingendo zerekeza muri Qatar na Dubai
23 June 2025, by IGIHE -
Igisubizo cy’ibibazo by’Abanye-Congo ntabwo kiri i Kigali - Thabo Mbeki
26 May 2025, by Iradukunda SergeThabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo yagaragaje ko nubwo u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bimaze igihe bihurira mu biganiro, bidahagije ngo Uburasirazuba bw’iki gihugu bubone amahoro.
-
Perezida Kagame yakiriye Obasanjo wayoboye Nigeria
24 June 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yakiriye Olusegun Obasanjo wabaye Perezida wa Nigeria. Baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo izireba akarere ndetse n’ibindi by’ingenzi ku Mugabane wa Afurika no ku Isi muri rusange.
-
Yafunzwe ku myaka 8, se aricwa, nyirarume yicwa agaburirwa umubiri we: Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru
27 May 2025, by Igizeneza Jean DésiréUmwana wavutse nta burenganzira ku gihugu cye, akazizwa uko yavutse, akameneshwa, akaba mu buzima bushaririye mu nkambi, ubu ni we uhanzwe amaso mu iterambere ry’icyo gihugu yahejwemo hafi imyaka 40.
-
Abagura imodoka za Hybrid baciye leta mu rihumye?
28 May 2025, by IGIHEMu 2021, Guverinoma yatangaje ko imodoka zikoresha amashanyarazi zisonerwa imisoro. Icyo gihe hari hitezwe impinduka ebyiri z’ingenzi. Igabanuka rya lisansi igihugu gitumiza mu mahanga no kugabanya imyuka ihumanya isohorwa n’imodoka zikoresha lisansi na mazutu.
-
Madamu Jeannette Kagame yagaragaje impamvu u Rwanda rushora imari mu iterambere ry’abagore
28 May 2025, by Ndahayo EmmanuelMadamu Jeannette Kagame yagaragaje ko guteza imbere abagore no kubafasha kugera kuri serivisi z’imari atari impuhwe bagirirwa kuko ari uburenganzira bwabo, kandi ko u Rwanda rubikora kuko bizana impinduka mu iterambere ry’ubukungu bw’igihugu muri rusange.
-
Ibikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Kazakhstan
28 May 2025, by Ndahayo EmmanuelU Rwanda na Kazakhstan byasinye amasezerano ari mu nzego zirimo ibya dipolomasi, ikoranabuhanga, uburezi, ubuhinzi, ibijyanye n’imari ndetse n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Ni amasezerano arimo ingingo zikomeye nk’ubufatanye mu bushakashatsi mu bijyanye n’Isanzure, kongera ingano y’ubucuruzi bukorwa hagati y’ibihugu byombi, gukuraho visa ku badipolomate n’ibindi.
-
Intambara yo mu burasirazuba bwa RDC nta ngaruka yagize ku ishoramari mu Rwanda- RDB
29 May 2025, by Iradukunda SergeUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwagaragaje ko ikibazo cy’umutekano muke kiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nta ngaruka cyagize ku ishoramari rikorerwa mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yakiriye Adesina usoje inshingano zo kuyobora BAD
25 June 2025, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Dr. Akinwumi Adesina uri gusoza manda ye ku buyobozi bwa Banki Nyafurika y’Iterambere. Ari mu Rwanda yitabiriye inama ngarukamwaka ya 28 ikora ubusesenguzi ku bukungu bw’Isi.
-
Inteko Ishinga Amategeko ya Francophonie yateye utwatsi icyifuzo cya RDC ku Rwanda
28 May 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa, APF, Hilarion Etong, yagaragaje ko icyifuzo cy’abayobozi batandukanye bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basabiraga u Rwanda ibihano barushinja uruhare mu bibazo by’umutekano muke muri icyo gihugu no gufasha umutwe wa M23, gitandukanye n’uruhare bifuza kugira mu kugera ku gisubizo kirambye.
IGIHE