Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Akarere k’Ibiyaga bigari katangiye amateka mashya y’ubumwe, ubufatanye n’iterambere nyuma yo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Trump yakiriye Nduhungirehe na Kayikwamba nyuma yo gusinya amasezarano y’amahoro
27 June 2025, by Ndahayo Emmanuel -
Abasaza basanze amazi atakiri ya yandi, ibihano n’ubukene bivuza ubuhuha: Shampiyona ya 2024/25
31 May 2025, by Iradukunda OlivierShampiyona y’u Rwanda yamaze gushyirwaho akadomo, APR FC ishyikirizwa igikombe yegukanye ku nshuro ya gatandatu yikurikiranya n’iya 23 mu mateka, mu gihe Vision FC na Muhazi United zamanutse mu Cyiciro cya Kabiri.
-
Agakinjiro kongeye gushya ku nshuro ya karindwi (Amafoto na Video)
30 May 2025, by IGIHEAgakiriro gakorerwamo imirimo y’ububaji mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo, kafashwe n’inkongi y’umuriro, ibintu byinshi byari birimo birakongoka, iba inshuro ya karindwi aka gakiriro kibasiwe n’inkongi y’umuriro.
-
Munenga iki? - Hervé Berville na Sonia Rolland babaza abijujutira Visit Rwanda
30 May 2025, by IGIHEHervé Berville ni Umunyarwanda wavukiye i Nyamirambo, ubu ni Umudepite mu Nteko y’u Bufaransa, aho ahagarariye Ishyaka En Marche! rya Perezida Macron mu gihe Sonia Rolland wavukiye i Kigali, yabaye Miss France mu 2000.
-
Ibigo byinshi bya leta biri mu byago byo kudatanga inyungu mu 2025/2026
2 June 2025, by Ayera BelyneAbinjiye mu bucuruzi batangirana intego zirimo kugaruza igishoro batangiranye, kubaka ubukungu bukomeye bw’ibigo by’ubucuruzi buzatuma baba ibyamamare, bagatunga ibiruta ibya Mirenge ku Ntenyo, ariko ku bigo bimwe bya Leta bikora ubucuruzi ubanza atari wo murongo kuko raporo nyinshi zibigaragaza mu isura yo kutazabasha gutanga inyungu ku mafaranga abishorwamo.
-
Umukinnyi wa karate washakaga kuba Padiri: Ubuzima bwite bwa Guverineri Ntibitura (Video)
31 May 2025, by Ndahayo EmmanuelKuri Guverineri Ntibitura Jean Bosco w’Intara y’Uburengerazuba, gukorera igihugu ni umuhamagaro yiyeguriye, nubwo byashobokaga ko yari kujya mu wundi akaba Padiri, cyane ko yize mu Iseminari Nto yo ku Karubanda.
-
Bill Gates yacyeje u Rwanda rukoresha ‘AI’ no mu buvuzi bw’ibanze
3 June 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmunyemari Bill Gates yatangaje ko ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (Artificial Intelligence) ari ryo ribumbatiye iterambere ry’ubuvuzi bwa Afurika mu gihe kizaza, ashima u Rwanda rwatangiye kurikoresha kugeza no mu buvuzi bw’ibanze.
-
Ingamba z’ubwirinzi zijyanye n’ikibazo kizwi - Amb Ngoga abwira Akanama ka Loni
28 June 2025, by Jean de Dieu TuyizereAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yagaragaje ko rwiteze impinduka mu mikorere y’ubutumwa bw’amahoro bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) nyuma y’aho impande zombi zigiranye amasezerano y’amahoro ku wa 27 Kamena 2025.
-
Rwabuze gica hagati ya Musenyeri Mbonyintege na Padiri Karangwa bapfa ubushakashatsi kuri Jenoside
4 June 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmushakashatsi ku mateka akaba n’umupadiri wa Paruwasi ya Kabgayi, Padiri Hildebrand Karangwa, yandikiye Musenyeri Mbonyintege Smaragde amushinja kunenga mu ruhame ubushakashatsi akora ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko Musenyeri Mbonyintege abitera utwatsi.
-
Ibyitezwe kuri ‘Rwanda Convention 2025’ izahuriza Abanyarwanda 1500 i Texas
3 June 2025, by IGIHEAmatsiko ni yose ku Banyarwanda baba mu mahanga n’ab’imbere mu gihugu biteguye guhurira muri Dallas-Fort Worth muri Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gikorwa cyiswe “Rwanda Convention”.
IGIHE