Umutoniwase Nadia wamenyekanye nka Muganga muri filime ‘Umuturanyi’, yavuze ko nubwo akunda kujya mu mashusho y’indirimbo ariko adashobora kubigira umwuga kuko ababikora badahabwa agaciro mu Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeNews
HomeNews
Articles
-
Sinabigira umwuga - Muganga wagaragaye muri ’Mowana’ ya King James
13 June 2025, by Nsengiyumva Emmy -
Impamvu nyamukuru zituma umuntu ashobora kurira asinziriye
12 June 2025, by Rachel MuramiraHari ubwo muzaba muryamye wumve umuntu araturitse ararize, numureba ubone arasinziriye. Hari ubwo wumva umuntu avuze ngo naka yagize inzozi mbi n’ibindi, cyangwa ukumva umuntu arakubwiye ngo waraye urira kandi usinziriye. Byose bifite impamvu kandi zishingiye kuri siyansi.
-
Uwimbabazi yasubiye mu Bushinwa kurangiza irushanwa rya ‘Beauty of the world’
12 June 2025, by Nsengiyumva EmmyUwimbabazi Cynthia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Cycy Beauty, kuri uyu wa 12 Kamena 2025 yasubiye mu Bushinwa kurangiza irushanwa rya ‘Beauty of the world’ aho umunyamideli uhiga abandi uburanga ku Isi azahabwa ikamba ku wa 23 Kamena 2025.
-
SKOL igiye gufasha abakoresha imbuga nkoranyambaga guhurira mu mukino wa gicuti
13 June 2025, by Iradukunda OlivierUruganda rwa Skol Brewery Ltd (SBL) rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, rwafashije urubyiruko rukoresha urubuga rwa X (yahoze yitwa Twitter), kwihuriza hamwe rugakina umukino wa gicuti w’umupira w’amaguru mu gikorwa cyiswe ‘100 Experiences’.
-
Buri mwaka Rwanda Medical Supply ikoresha miliyari 5 Frw zo kugura imashini zo kwa muganga
13 June 2025, by Isabwe FabiolaIkigo gishinzwe kugura no gukwirakwiza imiti n’ibikoresho byo kwa muganga mu Rwanda (Rwanda Medical Supply Ltd) cyatangaje ko nibura buri mwaka gikoresha miliyari 5 Frw mu kugura imashini zifashishwa mu gutanga serivisi z’ubuvuzi zitandukanye.
-
Ibyo nakoze ni ububwa: Kazungu yongeye gutakambira urukiko
12 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKazungu Denis wahamijwe ibyaha 10 bifitanye isano no kwica abantu 13 agahanishwa igihano cy’igifungo cya burundu, yatakambiye Urukiko Rukuru rwa Kigali mu bujurire asaba kugabanyirizwa ibihano.
-
Kugira uruhare mu ishyirwaho ry’ibiciro by’umuceri byabaye igisubizo ku umusaruro waburaga isoko
13 June 2025, by Iradukunda OlivierAbahinzi b’umuceri bashima intambwe yatewe nyuma y’uko bahawe ijambo mu kwishyiriraho ibiciro byawo kuko mbere byashyirwagaho n’izindi nzego batabigizemo uruhare bigatuma uhera mu bubiko.
-
Abashumba bo muri ADEPR basabwe gutanga inyigisho zitanga ibisubizo ku bibazo biri muri sosiyete nyarwanda
13 June 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbashumba bo mu Itorero rya ADEPR basabwe gutanga inyigisho zitanga ibisubizo ku bibazo biri muri sosiyete nyarwanda hagamijwe gukumira ibibazo by’ihungabana ndetse n’ingengabitekerezo ya Jenoside ishobora gukwirakwira no mu rubyiruko.
-
Edgar Lungu yategetse ko Perezida Hakainde atazajya ku kiriyo cye
12 June 2025, by IGIHEUmuvugizi w’umuryango wa Edgar Lungu wayoboye Zambia watangaje ko mbere y’uko apfa yavuze ko uwamusimbuye ku butegetsi atagomba kuzegera umurambo we aho uzaba uri hose.
-
Ronald Ssekiganda utegerejwe muri APR FC yasezeye kuri Villa SC
12 June 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraUmunya-Uganda ukina hagati mu kibuga, Ronald Ssekiganda, yasezeye kuri Villa SC yari abereye Kapiteni, mbere yo gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa APR FC yasinyiye imyaka ibiri.
IGIHE