Ubushinjacyaha ku rwego rw’ibanze n’urwisumbuye mu karere ka Gasabo bwarekuye abantu 95 barimo abagore 14 n’abagabo 81, bari bafungiwe muri kasho za Kimironko na Rusororo mu Karere ka Gasabo na Nyamata mu Karere ka Bugesera.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeVideo
HomeVideo
Articles
-
Gasabo: Abantu 95 bari muri kasho barekuwe mu kwirinda Coronavirus (Video)
6 April 2020, by Nkurunziza Ferdinand -
Isesengura: Ingabo z’u Burusiya mu marembo ya Kyiv, Putin ashaka iki muri Ukraine?
3 March 2022, by IGIHEMu rukerera rwo ku wa Kane tariki ya 24 Gashyantare, Televiziyo y’u Burusiya yatunguye Isi, ihindura gahunda y’ibiganiro mu buryo butunguranye, maze ishyiraho Ijambo rya Perezida Vladimir Putin.
-
Ishimwe rya Rwamukwaya winjiye mu itangazamakuru by’impanuka, imyaka 36 akayimara inyuma ya Camera (Video)
14 June 2020, by Nkurunziza FerdinandRwamukwaya Valens, umwe mu bantu bamenyekanye cyane mu mwuga wo gufata amashusho yerekeje mu za bukuru, asezerwaho mu cyubahiro amaze imyaka 38 mu itangazamakuru, irimo 36 yamaze akora akazi ko gufata amashusho.
-
Uko Umuhire Olivier usanzwe ari ‘Préfet des études’ yeguye moto akiyemeza gutwara abagenzi
11 August 2020, by Iradukunda RegisUmwaduko w’icyorezo cya COVID-19 washegeshe ndetse unadindiza byinshi mu byubakiweho ubuzima bw’abatuye isi muri rusange. Guhagarara kwa byinshi mu bikorwa bibyara inyungu, gusubira inyuma k’ubukungu bw’ibihugu, gutakaza imirimo kw’abatari bake […] ni bimwe mu byagarutsweho kenshi mu itangazamakuru.
-
INDIBA Y’IBIVUGWA: Tshisekedi mu mazi abira? Ahazaza he muri Politiki nyuma y’intambara na M23 (Video)
15 July 2022, by IGIHEHashize iminsi Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zirwana n’Umutwe wa M23. Ni mu gihe habura umwaka ngo habe amatora ya Perezida, aho Félix Tshisekedi ashaka indi manda.
-
Sobanukirwa amoko y’ibiribwa n’ibinyobwa bifasha ubwonko gukora neza
11 August 2020, by Iradukunda RegisAbantu benshi ntibajya basobanukirwa ingaruka ibyo turya bigira ku bwonko bwacu. Ubwonko nk’umugenga umwe rukumbi wa buri rugingo rugize impagarike ya muntu, bukenera kwitabwaho no kurindwa buri kintu cyose cyabuhungabanya.
-
Icyatumye Ndayishimiye yihinduka u Rwanda (Video)
8 January 2024, by IGIHEUmwuka ukomeje kuba mubi hagati y’u Rwanda n’u Burundi nyuma y’imbwirwaruhame za Perezida Ndayishimiye Evariste w’u Burundi mu mpera za 2023, ubwo yashinjaga u Rwanda gufasha Umutwe wa RED Tabara urwanya u Burundi.
-
Coup d’état muri Amerika? Urunturuntu mu ishyaka ry’Aba-Démocrates nyuma y’uko Biden yivanye mu matora (Video)
22 July 2024, by IGIHEIgicamunsi cya tariki 21 Nyakanga 2024 ntabwo cyabaye igisanzwe kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu buryo butunguranye, Perezida Joe Biden yatangaje ko yivanye mu rugendo rwo kwiyamamariza manda ya kabiri ahagarariye ishyaka ry’Aba-Démocrates.
-
I Kinshasa basubiranyemo nyuma y’Umuyobozi washinjwe guhura na M23 (Video)
26 July 2024, by IGIHEUmwuka ukomeje kuba mubi mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’uko bimenyekanye ko Prof. Bahala Okw’Ibale Lusheke Jean-Bosco wahoze ayoboye gahunda ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo gusubiza mu buzima busanzwe abari abarwanyi, P-DDRCS, yahuye n’umutwe wa M23 muri Uganda.
-
Perezida Kagame yatangiye manda nshya: Ibyo kwitega mu myaka itanu iri imbere
17 August 2024, by Umwali ZhuriNyuma yo kwakira indahiro z’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko n’Abadepite, Perezida Paul Kagame yasabye abarahiye guhaguruka bagakomeza gukorera igihugu muri manda nshya y’imyaka itanu.
IGIHE