Kubera umuganda udasanzwe uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu mu rwego rwo gufasha abahuye n’ibizazane kubera imvura imaze iminsi igwa, imikino ya ¼...
Patrick Mafisango umukinnyi wakiniraga ikipe ya Simba yo muri Tanzaniya, akaba kandi yari n’umukinnyi w’Ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi yitabye...
Mu mpera z’icyumweru gsihize imikino y’irushanwa rya Copa Coca-Cola yarakomeje hagati ya tariki 12/5/2012 na 13/5/2012, habaye imikino mu byiciro...
Kuri uyu wa kabiri, ikipe ya APR yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere cya 13 nyuma yaho mukeba Police FC itsinzwe na Mukura 1-0...
Kuri iki cyumweru tariki 13 Gicurasi 2012, Akarere ka Rwamagana mu bakobwa n’Akarere ka Nyarugenge mu bahungu zabashije gukomeza muri kimwe cya...
Ku munsi wa nyuma wa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, ikipe ya Manchester City niyo yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda bigoranye...
Kapiteni w’Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 akaba n’uw’Isonga FC, Emery Bayisenge yerekeje mu gihugu cy’u Bufaransa gukora igeragezwa mu ikipe...
Amani Francois ni umukinyi w’ikigo cy’amashuri cya Group Scolaire de Muhoza 2, wanayitsindiye igitego cyatumye irokoka mu mikino ya kimwe...
Muri izi mpera z’icyumweru tariki ya 12/5/2012 no ku cyumweru na tariki ya 13/5/2012, hazaba imikino mu byiciro bibiri aribyo abahungu n’abakobwa....
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi y’abaterengeje imyaka 20, Richard Tardy aratangaza ko yifuza imikino ya gicuti, kugira ngo abashe gutegura umukino...
Kuri iki cyumweru tariki ya 6 Gicurasi mu Rwanda hari hateganyijwe umukino ukomeye muri shampiyona maze APR FC yihanagiriza ikipe ya Kiyovu Sport...
Irushanwa rya Copa Coca-Cola ryarakomeje muri izi mpera z’icyumweru twashoje, aho uturere dutandukanye twagiye dukina haba mu bahungu cyangwa mu...
Ku Cyumweru tariki ya 22 Mutarama 2012 shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’ u Bwongereza yarakomeje, ikipe ya Arsenal itsindwa na mukeba...
Abantu benshi usanga bifuza kumenya uko imishahara y’abatoza bo mu Rwanda ihagaze ariko ugasanga ntibakunze kuyimenya kuko bikunze kugirwa ibanga...
Ibinyamakuru bitandukanye byasobanuye nabi inyandiko Perezida Kagame yanditse ku rubuga rwa Twitter ubwo Arsenal yatsindwaga.
Nyuma y’aho...
Hashize iminsi humvikana amakuru y’Umukinnyi Katauti wasubiranyen’umugore we Oprah bari baratandukanye ; ubu andi amakuru ariho ni ay’uko umukinnyi...
Nyuma y’aho ikipe y’igihugu ya Zambia yegukaniye igikombe cy’Afurika cy’Ibihugu ( CAN 2012) itsinze Côte d’Ivoire mu mikino yabereye muri Gabon na...
Kuwa Gatatu tariki ya 14 Nzeli 2011, hashize umunsi umwe gusa uwari Perezida wa FERWAFA, Gen. Brig. Jean Bosco Kazura yeguye, amakuru agera ku...
Urutonde rw’abatoza ba mbere ku isi muri ruhago rwashyizwe ahagaragara mu gihe bigenda bigaragara ko abatoza bahindagura amakipi uko bwije n’uko...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gashyantare, ahagana saa kumi na mirongo itatu n’itanu (4h35) z’igitondo nibwo ikipe y’igihugu ya...
Kuwa Gatatu tariki ya 18 Mutarama 2012 kuri sitade Amahoro habereye igikorwa cyo gufata amashusho azagaragara muri filime ngufi (documentary)...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yashyizwe ku rutonde rw’abantu batanu bazwi cyane ku mugabane w’Afurika bakunda umupira w’amaguru ku buryo...
Muri ruhago yo mu Rwanda hari amakipe cumi n’atatu (13), ubwo tugereranije muri rusange dushobora kuba dufite abakinnyi batari munsi ya magana...
Mu gihe tumenyereye ko abakinnyi b’amakipe y’ibihugu bashoboye kuyageza ku mateka adasanzwe bakunze gufatwa neza mu bihugu byabo ndetse akenshi...
Patrick Mafisango umukinnyi wakiniraga ikipe ya Simba yo muri Tanzaniya, akaba kandi yari n’umukinnyi w’Ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi yitabye...
Mu marushanwa ya CECAFA Tusker Challenge Cup ahuza amakipe y’ibihugu abera i Dar Es Salaam muri Tanzaniya, ikipe y’igihugu y’u Rwanda yabonye itike...
Kuwa Gatatu tariki ya 14 Nzeli 2011, hashize umunsi umwe gusa uwari Perezida wa FERWAFA, Gen. Brig. Jean Bosco Kazura yeguye, amakuru agera ku...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri nibwo uwari Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yashyikirije FERWAFA ibaruwa yo...
Ku Cyumweru tariki ya 22 Mutarama 2012 shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’ u Bwongereza yarakomeje, ikipe ya Arsenal itsindwa na mukeba...
Hari hashize iminsi itari mike havugwa ko umukinnyi Karekezi Olivier yaba yifuzwa n’ikipe ya APR FC, ubu nyir’ubwite yamaze gutangaza ko yamaze...
Abantu benshi usanga bifuza kumenya uko imishahara y’abatoza bo mu Rwanda ihagaze ariko ugasanga ntibakunze kuyimenya kuko bikunze kugirwa ibanga...
Kuri uyu wa mbere nibwo uwari umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Sellas Tetteh yeguye ku mirimo ye nk’umutoza ; mu ibaruwa yagejeje ku ishyirahamwe...
Umufatanyabikorwa w’ikipe ya Rayon Sports Albert Rudatsimburwa aratangaza ko FINA Bank na Tigo bagiye gutera inkunga iyo kipe.
Mu kiganiro...
Urutonde rw’abatoza ba mbere ku isi muri ruhago rwashyizwe ahagaragara mu gihe bigenda bigaragara ko abatoza bahindagura amakipi uko bwije n’uko...
Muri ruhago yo mu Rwanda hari amakipe cumi n’atatu (13), ubwo tugereranije muri rusange dushobora kuba dufite abakinnyi batari munsi ya magana...
Mu marushanwa ya CECAFA ahuza amakipe y’ibihugu abera i Dar Es Saalam muri Tanzaniya, ikipe y’u Rwanda yabonye itike yo gukomeza muri ½ cy’irangiza...