Ku itariki ya 3 Gashyantare, hatangajwe abahanzi 20 batowe n’abanyamakuru ndetse n’abakurikiranira hafi iby’umuziki nyarwanda. Abo bahanzi nibo tubagejejeho amafoto yabo, gusa muri bo 2 aribo Miss Jojo, na Kitoko, kubw’impamvu zabo bwite, ntibazitabira ayo marushanwa n’ubwo batowe bwose. Aya marushanwa ategurwa na BRALIRWA, mu iyamamazwa ry’ikinyobwa cya PRIMUS, hamwe na East African Promoters (EAP).


















TANGA IGITEKEREZO