Kuwa Gatandatu tariki ya 13 Ukwakira 2012 no ku Cyumweru tariki ya 14 Ukwakira abahanzi nyarwanda barenga 40 bataramye mu bitaramo bibiri byari byateguwe mu rwego rwo gushyigikira Ikigega cy’Agaciro.
Ibi bitaramo byabereye i Gikondo ahasanzwe habera Imurika-gurisha na Serena Hotel. Abantu ntibitabiriye cyane ibi bitaramo, nk’uko n’amafoto amwe n’amwe abigaragaza.
Muri ibi Bitaramo hakuwemo amafaranga angana na Miliyoni imwe n’ibihumbi 700 y’u Rwanda, yose akaba agomba gushyirwa muri AgDF.
Foto: Richard Irakoze n’abandi



















TANGA IGITEKEREZO