00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ibitaramo byitiriwe AgDF

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 18 October 2012 saa 04:04
Yasuwe :

Kuwa Gatandatu tariki ya 13 Ukwakira 2012 no ku Cyumweru tariki ya 14 Ukwakira abahanzi nyarwanda barenga 40 bataramye mu bitaramo bibiri byari byateguwe mu rwego rwo gushyigikira Ikigega cy’Agaciro.
Ibi bitaramo byabereye i Gikondo ahasanzwe habera Imurika-gurisha na Serena Hotel. Abantu ntibitabiriye cyane ibi bitaramo, nk’uko n’amafoto amwe n’amwe abigaragaza.
Muri ibi Bitaramo hakuwemo amafaranga angana na Miliyoni imwe n’ibihumbi 700 y’u Rwanda, yose akaba agomba gushyirwa muri (…)

Kuwa Gatandatu tariki ya 13 Ukwakira 2012 no ku Cyumweru tariki ya 14 Ukwakira abahanzi nyarwanda barenga 40 bataramye mu bitaramo bibiri byari byateguwe mu rwego rwo gushyigikira Ikigega cy’Agaciro.

Ibi bitaramo byabereye i Gikondo ahasanzwe habera Imurika-gurisha na Serena Hotel. Abantu ntibitabiriye cyane ibi bitaramo, nk’uko n’amafoto amwe n’amwe abigaragaza.

Muri ibi Bitaramo hakuwemo amafaranga angana na Miliyoni imwe n’ibihumbi 700 y’u Rwanda, yose akaba agomba gushyirwa muri AgDF.

Foto: Richard Irakoze n’abandi


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages