Butera Jeanne uzwi cyane ku izina rya Knowless aheruka gukorera igitaramo muri Club Rouge muri Uganda.
Iki gitaramo cyagenze neza nk’uko Producer Clement Ishimwe, umufasha muri Kina Music yabibwiye IGIHE agira ati “Byari byiza ukurikije uko batubwiye ko ari ubwa mbere hari abantu bangana kuriya”
Dore amwe mu mafoto y’urugendo rwe muri Uganda n’ay’uko igitaramo cyagenze.



















TANGA IGITEKEREZO