N’ubwo bataraba benshi cyane, abahanzi nyarwanda baragenda barushaho kugenda biyandika ku mibiri yabo byaba ibishushanyo n’andi magambo atandukanye.
IGIHE twabakusanyirije amwe mu mafoto ya bamwe mu bafite ibyo bishushanyo ngo namwe mwihere ijisho.
Bamwe mu bashyiraho ibishushanyo nk’ibi babikora nk’urwibutso rw’ibihe cyangwa se umuntu runaka. Abandi babikora kugira ngo batange ubutumwa butandukanye bifuza gutanga. Abandi baba bagira ngo batandukane n’abandi bantu basanzwe bagaragaza ibyiyumviro byabo.
Ciney, umwe muri aba bahanzi waganiriye na IGIHE, avuga impamvu yatumye yishyiraho igishushanyo cy’inkota yagize ati "Ni ukugira ngo buri gihe njye nibuka ko ndi umuyobozi w’ubuzima bwanjye."
Reba amwe mu mafoto y’ibishushanyo by’aba bahanzi:
1. Pacson
2. Young Grace
3. Gisa cy’Inganzo
4. Dady de Maximo
5. Fearless
6. Fireman
7. Anita Pendo
8. Ciney
9. Bull Dogg
10. Saga Assou
11. Sacha
12. Babla
13. Sandra Miraji



















TANGA IGITEKEREZO