Nyuma y’aho uwari umuyobozi wa AEBR (Association des Eglise Baptiste au Rwanda), Pasiteri Mfitumukiza Andre yeguye ku mpamvu ze bwite mu mpera...
Itorero East Wind Christian ryatumiye Pasiteri Mobutu Seko Prince Bwarza, umuhungu wa Mobutu Sese Seko wahoze ari Perezida w’icyahoze ari Zaïre,...
Papa Faransisiko yashyize abantu 800 mu rwego rw’abatagatifu, kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Gicurasi. Abo 800 biciwe mu Butaliyani baciwe...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Gicurasi, 2013 kuva saa cyenda z’amanywa kuri ADEPR Nyarugenge nibwo Korali Gilugali imurika album yayo ya kabiri...
Ijambo ry’Imana ryateguwe na Pasiteri Uwambaje Emmanuel rivuga ko umutima, n’ururimi bikwiye kurindwa. Umutima uha ururimi ibyo ruvuga, ni yo...
Abantu baba mu Isi ntibavuga kimwe ku ikizakurikira gupfa k’umuntu. Abanyamadini icyo bose bemera ni uko ubu buzima umuntu aba afite mu Isi...
Nyuma y’imyaka ine n’amezi ane uwari Umushumba wa Diyosezi ya Kibungo, Musenyeri Kizito Bahujimihigo yeguye, Papa Francis yemeje kuri uyu wa...
Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa Mahoro Isaac wo mu Karere ka Bugesera, avuga ko namara kumurika album ye kuwa 18 Gicurasi 2013,...
Ibihugu bimwe na bimwe byo ku isi nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bufaransa, bimaze gutora amategeko aha uburenganzira abahuje ibitsina...
Muri iyi minsi ku mbuga za Interineti hirya no hino ku Isi haragaragara ibaruwa yandikiwe Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi,...
Abantu benshi basobanya mu mvugo ku mwanditsi wa Bibiliya, mu gihe abandi bavuga ko Bibiliya igaragaza neza uwayanditse.
Urubuga jw.org ruvuga...