Shahrukh Khan ni umukinnyi wa filme w’umuhinde wamenkanye cyane muri filme nyinshi nka ’Kuch Kuch Hota Hai [1998]’, ’Darr [1993]’, ’Ra.One [2011]’ , ’Don 2 [2011]’, ’My name is Khan [2010]’, ’Baazigar [1993]’ nizindi
Shahrukh Khan yavutse tariki ya 2 Ugushyingo 1965, akaba afite uburebure bwa metero 1.73. Ni umuyoboke w’idini ya Islamu, arubatse; akaba yarashakanye n’uwitwa ’Gauri Khan’ na we utunganya akanakina filme, bakaba bafitanye abana babiri; Umuhungu witwa ’Aryan Khan’ n’umukobwa (…)
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > newinsinema
newinsinema
Articles
-
’Shahrukh Khan’ ni muntu ki?
31 March 2013, by Audace Willy Mucyo -
Sonia Rolland yarize kuri televiziyo avuze ibyo azi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
25 April 2013, by Mathias HitimanaMu kiganiro gica kuri televiziyo France 2, Sonia Rolland yarijijwe n’ibyo yibutse byabaye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umufaransakazi Sonia Rolland wavukiye mu Mujyi wa Kigali, mu mwaka wa 1981, ku mubyeyi w’Umunyarwandakazi, Landrada Rolland, n’Umufaransa Jacques Rolland, yavuye mu Rwanda we n’ababyeyi be bahunze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; iyo abyibutse afatwa n’ikiniga kinshi.
Nk’uko tubikesha France 2, Sonia Rolland wabaye Nyampinga w’U Bufaransa mu (…) -
Denis, Marie France na Filimi “Ibanga” bafite amahirwe yo kwegukana ibihembo muri Rwanda Movie Awards
9 March 2013, by Dean IrakNyuma yo guhagarika amatora yakorerwaga ku rubuga rwa internet rwa www.igihe.com Denis Nsanzamahoro, Marie France Niragire na Filimi “Ibanga” nibo bahabwa amahirwe kuko aribo bazaga imbere mu byiciro babarizwagamo.
Hakurikijwe amajwi n’uko batowe kuri www.igihe.com mbere y’uko bihagarikwa kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Werurwe 2013, saa sita z’amanywa, Denis Nsabamahoro yakwegukana igikombe mu bakinnyi b’abagabo bitwaye neza, dore ko amatora yahagaze arusha Daniel Gaga wegukanye iki (…) -
Mu gice cya kabiri cya filimi “Ibara”, Yanga azarasa Amag the Black amwice
10 March 2013, by Dean IrakKuri uyu wa mbere imirimo yo gufata amashusho ya filimi “Ibara” igice cya kabiri itangira, by’umwihariko iki gice hazagaragaramo aho Yanga (Agasobanuye) arasa isasu ry’ingusho umuraperi Amag the Black akamwica.
Mu kiganiro kigufi Yanga umenyerewe cyane mu mafilimi yitwa “Agasobanuye”, akaba ari umukinnyi muri filimi ye yitwa “Ibara” yasohotse mu gice kimwe gusa, yabwiye IGIHE ko imyiteguro yo gutangira gufata amashusho y’igice cya kabiri cyayo isa n’iyarangiye, igikorwa nyir’izina cyo (…) -
‘Fiesta’, filimi nshya nyarwanda igiye kujya ahagaragara
18 April 2013, by Audace Willy MucyoTariki ya 22 Mata 2013 hazasohoka filimi nyarwanda nshya yiswe “Fiesta’ yatunganyijwe na ‘Net Cinema’ isanzwe ikora filimi. Iyi filimi ‘Fiesta’ ivuga ku mibanire y’imiryango usanga muri iki gihe itakiri myiza nka kera, aho usanga abantu birengagiza amasano bafitanye n’abandi ntibayahe agaciro, bigatuma hahoraho umwiryane no kudashyikirana ku bavandimwe, igiye kujya ku isoko itwaye amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni 2 n’igice , nk’uko umuyobozi wa Net Cinema, Hakizimana Jean de la (…)
IGIHE