Ku wa Kane tariki 20 Ukuboza 2012 ni bwo Umuryango FPR Inkotanyi wizihije ku rwego rw’igihugu, isabukuru y’imyaka 25 umaze ushinzwe aho ibirori byabereye kuri Stade Amahoro i Remera bikitabirwa n'abashyitsi batandukanye bafitanye umubano wihariye n'uyu muryango barimo Perezida Yoweri K. Museveni wa Uganda ndetse na Minisitiri w'Intebe wa Ethiopia, Haile Mariam Desalegn. Foto/Village Urugwiro