IBITEKEREZO
Ni uko mutazi abakwandikira imiti ukazenguruka Kigali yose ngo uyu muti ntabwo uhari ukibaza uwa wanditse na za pharmacies cg assurance maladie ibyo bagukina ugashoberwa wa hindura ukaza uvuga ko uwiyishyurira bakawuguha ?!!!!!!!!!!!
Musubize20.12.2012 saa 07:20
mugisha
indwara indeterminent yavuyehe
Musubize22.05.2012 saa 12:28
beatrice
mubindi bihungu bakoreha 4ne ariko igihe gikwiye ,kuburyo butabangamye .ntago naba mfite umurwayi ngo nterane imitoma ,kandi ntuba ukwiye kwitaba 4ne mukazi keretse ubonye ari ngomwa wenda uwo murugo utari usazwe aguhamagara uri mukazi cyangwa uwo mufitanye gahunda aringogwa kwitaba. murwandaho .bigize abantu bashaka iterambere cyane , ubundi iyo usaka umuntu uziko akora akazi katemerewe gufata 4one wohereza sms iyo umushaka cyane.
Musubize20.05.2012 saa 07:43
bebe
mubindi bihungu bakoreha 4ne ariko igihe gikwiye ,kuburyo butabangamye .ntago naba mfite umurwayi ngo nterane imitoma ,kandi ntuba ukwiye kwitaba 4ne mukazi keretse ubonye ari ngomwa wenda uwo murugo utari usazwe aguhamagara uri mukazi cyangwa uwo mufitanye gahunda aringogwa kwitaba. murwandaho .bigize abantu bashaka iterambere cyane , ubundi iyo usaka umuntu uziko akora akazi katemerewe gufata 4one wohereza sms iyo umushaka cyane.
Musubize20.05.2012 saa 07:43
bebe
KIM we none se abo muri immigration bo si abamama bafite ingo kandi bagerera ku kazi igihe ? N'ibindi bigo byari bikwiye kubareberaho , uzarebe ko hari uwitaba phone mu masaha y'akazi .
Musubize17.05.2012 saa 22:44
Peter
Mujye mwivugira ibyo mushaka ko hajeho urubuga buriwese yandika ibyo yishakiye
Musubize17.05.2012 saa 14:33
Netcom
Uri umumama w'umukozi ugasiga telefoni kuri reception, bakaza gushaka kukubwira ko mu rugo habaye ikibazo se wabyifatamo ute ? Wibagiwe ko dusigaye tuva mu ngo saa kumi n'ebyiri ngo dutonde ku kazi saa moya twongere gutaha saa kumu n'imwe ? Ingo z'ubu tuzubakira kuri telefoni nta kundi twabigenda icyo twakora gusa ni uguhamagara ari uko bikenewe !
Musubize16.05.2012 saa 07:32
KIM
birarenze,muzabatubarize baramutse bakwandikiye imiti iribugufashe nubwo ntayo baba bafite ukayishakira niba haricyo byangiza ?
Musubize15.05.2012 saa 15:47
nyanza
Telphone ni iya mbere.Isi iri kwihata tugomba kugendana nayoooooooooo !
Musubize15.05.2012 saa 08:55
######
Nigeze ntanga igitekerezo ko hajyaho itegeko ribuza abantu kwinjirana Telephoni mu kazi, bamwe barabyamagana ! Nta n'impamvu zigaragara bagaragaje, ahubwo bavuze ko benshi baba bashaka gukomeza kumenya amakuru yo mungo zabo abandi twa BIZ twabo no gushakisha akazi ahandi...! Birababaje, ariko rero kugirango imikorere irusheho kunozwa hari hakwiye gushyirwaho itegeko ryo kutinjirana Telefoni mu kazi. yajya isigara kuri reception umuntu akayisubirana atashye cyangwa agiye muri Pause ! Naho ubundi nta musaruro uhagije uzajya uboneka mu kazi. Ikindi nuko umukoresha hari za Website ashobora gufunga ntizinjire muri systeme ye(urugero Facebook, Tweeter, ...)ibi byagaragaye nk'ibiri mu birangaza abakozi cyane. Mwe mubyumva mute ?
Musubize14.05.2012 saa 06:04
Rusaaatiiira
Mbega umurwayi ababaje kugwa muntoki zuyu muforomo cg muganga
Musubize14.05.2012 saa 05:57
Kanyombyi
Mbega umurwayi ababaje kugwa muntoki zuyu muforomo cg muganga
Musubize14.05.2012 saa 05:57
Kanyombyi

ANDIKA ICYO UTEKEREZA KURI IYI NKURU

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE:
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni,
Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com
Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa, Murakoze!