Nshuti basomyi ba IGIHE.com, nyuma y’aho tubatembereje i Bujumbura umurwa mukuru w’u Burundi benshi bahise badusaba ko twabashyiriraho n’amafoto agaragaza Umujyi wa Kigali kugirango wenda abatahazi cyangwa abatahaheruka babashe kubona isura nyayo uyu mujyi ufite muri iki gihe, ibyifuzo byanyu rero bishyizwe mu bikorwa. Ngiyi Kigali y’uyu munsi ariko harimo amafoto macye yafashwe cyera kugirango musobanukirwe uko byahoze.Muryoherwe.
Foto:Cyril NDEGEYA,Nkurunziza Faustin,Internet


















TANGA IGITEKEREZO