Ibikurikira
Abantu benshi barimo n’abagana Ikigo cy’Ubwishingizi mu Rwanda (RSSB), hari ibibazo byinshi bakunze kwibaza, bityo tukaba mu byo batugejejeho tuzagenda tubaha ibisubizo byabyo. Namwe ariko mufite urubuga rwo kugaragaza icyo mubitekerezaho.
I.Ubwishingizi bw’indwara
I.2. Ni ukubera iki Umugore n’umugabo bakorera Leta cyangwa ikigo gishamikiye kuri Leta bose bakatwa umusanzu utangwa mu bwishingizi bw’indwara kandi umuntu umwe ashobora kuyatanga akaba yavuza umuryango wose ?
Ubwishingizi bw’indwara bushingiye ku bwisungane bw’abanyamuryango ba RSSB. Ubwo bwisungane bugaragarira hagati y’abahembwa menshi n’abahembwa make ; hagati y’abamaze igihe kirekire n’abinjijwe mu bwishingizi vuba ; hagati y’ingaragu n’abubatse bafite imiryango minini no hagati y’abakunze kurwaragurika n’abatarwara. Akaba ari yo mpamvu umugore n’umugabo batanga bombi imisanzu mu bigo bakorera kugirango bafashe bagenzi babo muri ubwo bwisungane.
Biracyaza..
| IZINDI NKURU WASOMA |
|
Serivisi wahabwa na RSSB ukoresheje ikoranabuhanga
14.05.2013 |
|
Ibibazo bikunze kwibazwa kuri RSSB (1.10)
14.05.2013 |
|
Ibibazo bikunze kwibazwa kuri RSSB (1.9)
6.05.2013 |
|
Ibibazo bikunze kwibazwa kuri RSSB (1.8)
30.04.2013 |
|
Ni nde ugenewe ubwishingizi bw’indwara ?
22.04.2013 |
| KANDA AHA UREBE N'IZINDI NKURU NYINSHI ... |