Ariane akunze kuba umukobwa w’umunyamurava ukunda gusabana kandi ukunda kwigenga. Yishimira kugira umubano uhamye ariko utazahungabanya wa mudendezo we.
Ni umukobwa utagira uburyarya kandi akagaragaza amarangamutima ye y’ukuri ku bantu akunda. Akunda guhora yishimye ndetse agakunda no kugaragara mu bintu by’imyidagaduro n’ibirori.
Ni umuntu ukunda kuba yagaragara mu mirimo ituma agaragaza uwo ari we nko gukora urwenya, uburezi, itangazamakuru n’ubukerarugendo.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!