Bamwe bandika Lolicia, Lola, Dores, Dolores, Lolita, Dolors n’ayandi atandukanye
Bimwe mu biranga ba Lolicia
Lolicia akunze kuba ari umukobwa muremure, uteye neza ariko kandi utinyitse ku buryo ntawupfa kumuhangara ngo amubwire ibyo yiboneye.
Ni umuntu uhorana ibitekerezo n’imigambi myiza yo kugeraho. Arubaha kandi nawe agashaka ko abandi bamwubaha.
Akunda ibintu bikozwe neza. Ibyo bituma mu kazi agira amahane ndetse akaba yanavuga nabi kugira ngo hatagira uzanamo imikino.
Lolicia yemeza ko umuntu abona ibyo aba yakoreye , bityo ko iyo utakoze ntacyo ugomba kubona, kuri we nta mahirwe abaho. Ni umuntu ukunda gukorera mu matsinda , agafatanya n’abandi ibikorwa by’ubumuntu.
Akunda gutembera, kuba umunyabugeni ku buryo ashimishwa n’akazi k’amaboko ye. Akunda kuba ari umunyedini ndetse n’umuntu ukomera ku mahame aba yiyemeje kunderaho.
Ni umuntu uzi gucunga amafaranga, ukora uko ashoboye kose akibeshaho adategereje ibiturutse ku bandi. Iyo ari umwana aba ashimishije ateta ariko azi gukora utuntu twiza dushimisha ababyeyi be ku buryo bakomeza kumukunda.



















TANGA IGITEKEREZO