Ntirandekura ni umuntu wahuye n’ibyago byinshi byashoboraga kuba byahitana ubuzima bwe ariko Imana igakinga ukuboko , mbese aba yarasimbutse impfu nyinshi.
Ni izina umubyeyi yita umwana agaragaza ko Imana yamuhagazeho yaba ari we ubwe cyangwa uwo mwana. Aba ashaka kubwira abanzi be ko atariheba, agifite amahirwe menshi yo kubaho.
Kwita umwana Ntirandekura ni ukugaragaza ko Imana ikikurinze cyangwa se ikirinze umwana wawe.
Ibi bisobanuro byatanzwe n’Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco



















TANGA IGITEKEREZO