Akenshi uwita gutya aba afite abaturanyi batari beza, kubera gutinya ko babaroga akabigaragaza avuga ko Imana yonyine ari yo izabarinda, na ho we nta cyo yakora kuko abanzi be bamurusha imbaraga.
Iri zina ni kimwe na Nahimana, Ndahimana, Nyirakamana n’andi.
Ibi bisobanuro byatanzwe n’Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco, RALC



















TANGA IGITEKEREZO