00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ni gute wamenya niba ushobora kuryamana n’uwo muhuye bwa mbere

Yanditswe na

Teddy Kamanzi

Kuya 26 June 2012 saa 11:13
Yasuwe :

Ushobora kuba wibaza uburyo wamenya umukobwa mushobora kuryamana (Gukora imibobano mpuzabitsina) ku nshuro ya mbere mugihura.
Nk’uko bitangazwa na Christian Rudder uwashinze urubuga rwo guhuriraho OKCupid, mu bushakashatsi bwe yasanze mu bantu bakundana badahuje ibitsina n’abakundana bahuje ibitsina, igitsina gore gikunda kunywa inzoga nibo bakunze kuryamana n’abo bahuye bwa mbere.
Mu bundi bushakashatsi bwakozwe n’abanyeshuri bo mu Bwongereza bwasanze abagore bari hejuru y’imyaka 30 (…)

Ushobora kuba wibaza uburyo wamenya umukobwa mushobora kuryamana (Gukora imibobano mpuzabitsina) ku nshuro ya mbere mugihura.

Nk’uko bitangazwa na Christian Rudder uwashinze urubuga rwo guhuriraho OKCupid, mu bushakashatsi bwe yasanze mu bantu bakundana badahuje ibitsina n’abakundana bahuje ibitsina, igitsina gore gikunda kunywa inzoga nibo bakunze kuryamana n’abo bahuye bwa mbere.

Mu bundi bushakashatsi bwakozwe n’abanyeshuri bo mu Bwongereza bwasanze abagore bari hejuru y’imyaka 30 aribo bakunze kuryamana n’abo bahuye bwa mbere kurusha abari mu myaka ya za makumyabiri.

34% barengeje imyaka 30 barirekura kuburyo baryamana akenshi n’abo bahuye ku nshuro ya mbere, kuko kuryamana n’umuntu ku nshuro ya mbere ni icyemezo cyihariye cy’umuntu ku giti cye, naho 12% y’abari hagati y’imyaka 24 na 27, baryamana n’abo bahuye wenda ku nshuro ya gatatu.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages