Gutsinda kwa APR FC byayifashije kugera ku mukino wa nyuma uzaba ku wa 3 Kamena 2023, aho izahura na Rayon Sports kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye.
Uyu mukino witabiriwe n’abantu b’ingeri zose dore ko wari wahuje amwe mu makipe ahagaze neza mu mupira w’amaguru mu Rwanda.
Si kenshi uzabona ab’igitsina gore kitabiriye umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda ku rwego nk’urwo byariho ku wa Kiyovu Sports na APR FC.
Aya ni amwe mu mafoto twashoboye gukusanya agaragaza inkumi z’ikimero zitabiriye uyu mukino.
Amafoto: Ntare Julius
Video: Igena Sage



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!