Ibyo ntibiba ku bafana b’amakipe gusa kuko na bamwe mu bakinnyi akenshi usanga barubatse izina rikomeye, nabo bishimana n’inshuti zabo banywa inzoga.
Hari bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru bagaragaye mu mijyi itandukanye kandi mu bihe bitandukanye banyoye inzoga ku buryo bukomeye, aho bamwe byabaga ngombwa ko babafata mu maboko bananiwe kugenda, abandi ukabona bafite indoor idasanzwe kubera isindwe.



















TANGA IGITEKEREZO