Muri icyo gikorwa, abana bagira umwanya wo kwidagadura bakina imikino inyuranye, abavuga imivugo, amazina y’inka, kubyina, n’indi. Icya 2016, cyabaye ku wa 4 Ukuboza, cyitabirwa n’abana 200.
Abana bari bitabiriye icyo gikorwa ngarukamwaka, bishimanye n'Umukuru w'Igihugu anabatangiriza ibikorwa by'imikino
Madamu Jeanette Kagame asuhuzanya n'abana bari bitabiriye uwo muhango
Byari ibyishimo bikomeye buri mwana wese ashaka gusuhuza Perezida Kagame
Madamu Jeanette Kagame yakiranye urugwiro abana bari bitabiriye icyo gikorwa
Amafoto: Village Urugwiro



















TANGA IGITEKEREZO