N’uburyo bw’imisengere buratandukanye bitewe n’amahitamo y’umuntu ubikora, aho umwe ashobora kumva ko isengesho rye Imana iryumva ari uko ari mu rusengero, mu gihe undi ashobora kwizera ko no mu nzira yahasengera kandi agasubizwa.
Uyu mukecuru yari i Kibeho ahari amateka y'amabonekerwa, ahagaze imbere y'icyapa kiriho ishusho yanditseho 'Yezu aturwa Imana mu Ngoro Ntagatifu', abwira Imana ibyifuzo bye
Hari abantu baba bafite ukwizera ko aho basengera hose Imana yumva amasengesho yabo



















TANGA IGITEKEREZO