Ahanini hashingirwa ku bikorwa n’imyitwarire yabo muri ibyo bikorwa, birenga gucunga umutekano w’abaturage bikanagera ku kwisanzurana nabo aho kubatinyira icyo bari cyo.
Ibyo byanagaragajwe n’Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Mali mu 2015 mu gace ka Gao gaherereye mu Majyaruguru y’iki gihugu, aho mu mihanda yo muri ako gace wasangaga abaturage babishimiye by’umwihariko abana bato.



















TANGA IGITEKEREZO