Uyu mutingito wibasiye imijyi 10 yo muri Turikiya na Syria wabaye ku wa 6 Gashyantare 2023 ufite igipimo cya 7,8.
Kubera ubwinshi bw’abamaze kuwugwamo n’ibikorwaremezo wangije, Perezida wa Turikiya, Erdoğan yahise ashyiraho icyunamo cy’iminsi irindwi ndetse ategeka ko ahantu hose hari amabendera y’iki gihugu yururutswa.
Ni icyemezo cyanubahijwe i Kigali ahakorera Ambasade ya Turikiya, kuko ubwo umunyamakuru wa IGIHE yahatembereraga yasanze amabendera yururukijwe agera muri kimwe cya kabiri.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!