Aya makuru yemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gikombe, Mukamuyango Caritas, watangaje ko hari gushakishwa uko hamenyekana uwagize uruhare muri ubu bugizi bwa nabi.
Yagize ati "Mu gitondo saa mbili abana bihitiraga babona umurambo w’uruhinja; ubu twabwiye abajyanama b’ubuzima kudushakira abantu bari batwite inda kugira ngo hamenyekanye uyu mubyeyi wihekuye na ho umurambo w’uruhinja twawushyikirije Polisi iwujyana ku bitaro bya Gisenyi gukorerwa isuzuma."



















TANGA IGITEKEREZO