00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Amafoto y’umuhango wo kwibohora wabereye i Kami

Yanditswe na

Faustin Nkurunziza

Kuya 4 July 2013 saa 07:55
Yasuwe :

Mu muhango wo kwizihiza Umunsi wo kwibohora kunshuro ya 19, uba tariki 4 Nyakanga wabereye mu Kigo cya gisirikare cya Kami mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, Perezida Kagame yabanje gusura aharimo kubakwa inyubako z’abasirikare muri iki kigo, ndetse n’ahatangiye kubakwa amazu y’abatishoboye muri uyu Murenge agenewe abatishoboye bari batuye ahantu hashobora guteza Ibiza nyuma yaho ageza ijambo kubaturage rijyanye n’umunsi wo kwibohora. Faustin Nkurunziza

Mu muhango wo kwizihiza Umunsi wo kwibohora kunshuro ya 19, uba tariki 4 Nyakanga wabereye mu Kigo cya gisirikare cya Kami mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, Perezida Kagame yabanje gusura aharimo kubakwa inyubako z’abasirikare muri iki kigo, ndetse n’ahatangiye kubakwa amazu y’abatishoboye muri uyu Murenge agenewe abatishoboye bari batuye ahantu hashobora guteza Ibiza nyuma yaho ageza ijambo kubaturage rijyanye n’umunsi wo kwibohora. Faustin Nkurunziza


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages