Mu gitaramo cyo gusoza Primus Guma Guma Super Star III kuwa 10 Kanama 2013, Riderman (Gatsinzi Emery) ni we wegukanye umwanya wa mbere mu irushanwa, ahabwa igikombe giherekejwe na miliyoni 24 z’amafaranga y’u Rwanda.Ni mu gitaramo cyabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Uyu muhanzi yegukanye umwanya wa mbere bigaragara ko ari we muhanzi ukunzwe kurusha abandi kandi aririmba abantu benshi bakagaragaza ibyishimo kurusha uko babigaragarizaga abandi bahanzi bari kurushanwa. Foto:Nkurunziza F.



















TANGA IGITEKEREZO