00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Amakuru yaranze icyumweru 28-3 Ugushyingo 2013

Yanditswe na

Faustin Nkurunziza

Kuya 4 November 2013 saa 04:19
Yasuwe :

Mu makuru yaranze icyumweru twabagejejeho guhera kuya 28 -03 Ugushyingo 2013, twibanze ku nkuru ivuga uburyo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuya 31 Ukwakira, muri muri Village Urugwiro yakiriye Rodrigo Arboleda, Umuyobozi mukuru ku rwego rw’Isi wa Gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana (OLCP : One Laptop per Child, twibanze no kunkuru ivuga mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 17 AERG imaze ivutse, kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2013, ibirori byitabiriwe na Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette (…)

Mu makuru yaranze icyumweru twabagejejeho guhera kuya 28 -03 Ugushyingo 2013, twibanze ku nkuru ivuga uburyo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuya 31 Ukwakira, muri muri Village Urugwiro yakiriye Rodrigo Arboleda, Umuyobozi mukuru ku rwego rw’Isi wa Gahunda ya mudasobwa imwe ku mwana (OLCP : One Laptop per Child, twibanze no kunkuru ivuga mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 17 AERG imaze ivutse, kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2013, ibirori byitabiriwe na Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame .twibanze kandi kwijambo ryavuzwe na Perezida Paul Kagame ku munsi w’usora, aho yasabye abayobozi kuyoboka abaturage kurusha uko bayoboka abandi bantu bo hanze, kuko abaturage babagirira icyizere bakabatora ndetse bagatanga n’umusoro uvamo amafaranga yo kubahemba. muri aya makuru twabagejejeho ibyavugiwe mu nama ya Transform Africa Summit 2013; yabereye i Kigali, ikitabirwa n’abakuru b’ibihugu bagera ku 8.Faustin N.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages