Mu kigo cy’amashuri “Green Hills Academy” giherereye mu Mujyi wa Kigali, hizihijwe isozwa ry’icyiciro cy’amashuri yisumbuye ku banyeshuri 52. Uwo muhango wabaye ku wa 01 Kamena 2013, witabirwa na Madamu Jeannette Kagame umufasha wa Perezida wa Repubulika.
Aba banyeshuri bahabwa amasomo asanzwe, bakanakurikira amasomo mpuzamahanga muri porogaramu yitwa “ International Baccalaureate Program” (IB), abafasha kwimenyereza kuvugira mu ruhame, akanabategura kuba abayobozi beza b’ahazaza ndetse akabategura gukomeza amasomo yabo muri za kaminuza hirya no hino ku Isi.
Amafoto na Nkurunziza Faustin



















TANGA IGITEKEREZO