00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Inkuru zaranze icyumweru mu mafoto

Yanditswe na

Faustin Nkurunziza

Kuya 6 June 2013 saa 09:57
Yasuwe :

Inkuru twabagejejho mu cyumweru gishize kuva tariki ya 27 Gicurasi kugeza ku ya 3 Kamena 2013 zibanze ku ku magambo yavuzwe na Perezida wa Tanzaniya Jakaya Kikwete yo gusaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR. Abategetsi mu nzego zitandukanye mu Rwanda zamaganye icyo gitekerezo, ndetse na Sosiyete Sivile yandikira umunyamabanga mukuru wa Loni bamusaba tudaha agaciro ayo magambo, twandika ko u Rwanda rugiye kubyaza umusaruro ubutaka bwarwo buba muri Kenya. Mu burezi twagarutse ku ikubitwa (…)

Inkuru twabagejejho mu cyumweru gishize kuva tariki ya 27 Gicurasi kugeza ku ya 3 Kamena 2013 zibanze ku ku magambo yavuzwe na Perezida wa Tanzaniya Jakaya Kikwete yo gusaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR. Abategetsi mu nzego zitandukanye mu Rwanda zamaganye icyo gitekerezo, ndetse na Sosiyete Sivile yandikira umunyamabanga mukuru wa Loni bamusaba tudaha agaciro ayo magambo, twandika ko u Rwanda rugiye kubyaza umusaruro ubutaka bwarwo buba muri Kenya. Mu burezi twagarutse ku ikubitwa ry’umunyeshuri wiga mu mashuri yisumbuye mu kigo cya Simbi muri Huye, no gusoza icyiciro cy’amashuri yisumbuye mu ishuri rya Green Hills Academy. Muri icyo cyumweru twatangaje igabanuka ry’ingengo y’imari izakoreshwa na EAC, ubujura buvugwa muri CHUK, ubwiyongere bw’ibiciro ku binyobwa bya BRALIRWA birimo Amster, Mutzing na Guiness, n’uburyo abahinzi bo mu makoperative bikoma MINICOM na MINAGRI kubaka za raporo kuri telefoni.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages