Ubwitabire, urugwiro n’ibyishimo nibyo byaranze ibirori byo kwerekana imideli y’ubwoko butandukanye mu muhango wo gusoza icyumweru cyahariwe imideli mu Rwanda, cyiswe “Kigali Fashion Week” cyitabiriwe n’abantu benshi harimo n’abanyamahanga benshi, tariki 8 Ugushyingo 2013 muri Serena Hotel. cyateguwe na “House of Fashion " iyobowe na Bunyeshuri Hohn wazanye icyo gitekerezo. Foto: Faustin N.


















TANGA IGITEKEREZO