Kuya 15 Ukwakira 2013,Kaminuza ya Kigali (University of Kigali) yatangije ku mugaragaro ibikorwa byayo mu Rwanda. abayobozi bayo bavuga ko igishya izanye, ari uko uhavanye impamyabushobozi, yaba ari iyo ku rwego mpuzamahanga. Prof. Nshuti Manasseh, umwe mu bantu batanu batangije iyi Kaminuza, akaba n’umuyobozi mukuru wayo, yavuze ko ku banyeshuri 1000, iyi Kaminuza igomba kwakira, abarenga 400 bamaze kwiyandikisha.Foto: Faustin N.


















TANGA IGITEKEREZO