Ni imibare yashyizwe hanze ku wa 16 Kanama 2025, aho igaragaza ko kuri uyu munsi gusa abagera kuri 25 baguye mu gitero Israel yagabye muri aka gace.
Uyu muryango ugaragaza kandi ko mu masaha 24 ashize abarenga 11 barimo abana bishwe n’inzara, biyongereye kuri 251 bapfyuye guhera muri Gicurasi.
Kuva iyi ntambara Israel ihanganyemo n’umutwe wa Hamas yatangira mu 2023, imibare igaragaza ko iki gihugu kimaze kwica abarenga ibihumbi 61, ndetse abarenga ibihumbi 155 bakomerekeye mu bitero iki gihugu cyagabya muro Gaza.
Si ibyo gusa Israel yafunze inzira zose zacishwamo ubufasha bujya muri Gaza, cyangwa yo kuba hari ibyo yatumiza hanze, ibyatumye gace kibasirwa n’inzara.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!