Ibi byatangajwe n’ubuyobozi bw’ingabo z’Abanyamerika zikorera mu Burasirazuba bwo Hagati (U.S. Central Command).
Iki gitero cyagabwe ku wa Gatanu, aho abasirikare b’Abanyamerika bari mu butumwa muri Jordanie bari bahanganye n’ibitero Iran yagabye ku birindiro byabo. Babiri mu basirikare ba Amerika bahasize ubuzima.
Amerika na Iran bigeze ku munsi wa karindwi birwana nyuma y’uko Perezida wa Amerika Donald Trump atangaje ko agahenge hari kashyizweho gahagaritswe.
Iran yari yatangaje ko yagabye ibitero ku birindiro bya Amerika muri Jordanie no ku bindi bice byo mu Kigobe cya Perse nyuma y’ibitero byari byagabwe na Amerika hafi y’inzira ya Hormuz.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!