Ku wa 13 Kanama ni bwo Ibiro bishinzwe Igenzura ry’Ibihano by’Ubukungu muri Minisiteri y’Imari (OFAC) byatanze uruhushya rw’igihe gito rwemerera kwinjiza ibikorwa bimwe by’ubucuruzi byari byarakumiriwe kubera ibihano byishwe "Ibihano ku bikorwa bibi by’u Burusiya ku rwego mpuzamahanga" n’ibyiswe “Amategeko y’Ibihano bijyanye na Ukraine n’u Burusiya”.
Uku gukomorerwa ntikureba gufungura cyangwa kurekura umutungo uwo ari wo wose w’u Burusiya wafatiriwe. bikaba bizashyirwa mu bikorwa kugeza ku ya 20 Kanama, kandi bigakora gusa ku bikorwa by’ubucuruzi bikenewe mu gutegura inama y’amateka izahuza Trump na Putin muri Alaska.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!