00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Bwa mbere mu mateka ya Zambia umugore yagizwe Visi Perezida

Yanditswe na

Mathias Hitimana

Kuya 27 January 2015 saa 10:07
Yasuwe :

Perezida mushya wa Zambia uherutse gutorwa Edgar Lungu yagize Visi Perezida Inonge Wina, umugore wa mbere ushyizwe kuri uwo mwanya mu mateka y’iki gihugu.
Kugira Wina Visi Perezida byagaragaye nk’ikimenyetso cy’ubumwe mu kuzana n’abo mu Burengerazuba bwa Zambia batiyumvaga mu butegetsi. Muri icyo gice akaba ari ho uyu mugore akomoka.
Inonge Wina wavutse mu 1941 yabaye Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umwana, akaba abaye umugore wa mbere ugeze ku mwanya ukomeye mu mateka ya (…)

Perezida mushya wa Zambia uherutse gutorwa Edgar Lungu yagize Visi Perezida Inonge Wina, umugore wa mbere ushyizwe kuri uwo mwanya mu mateka y’iki gihugu.

Kugira Wina Visi Perezida byagaragaye nk’ikimenyetso cy’ubumwe mu kuzana n’abo mu Burengerazuba bwa Zambia batiyumvaga mu butegetsi. Muri icyo gice akaba ari ho uyu mugore akomoka.

Inonge Wina yari Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'umuryango

Inonge Wina wavutse mu 1941 yabaye Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umwana, akaba abaye umugore wa mbere ugeze ku mwanya ukomeye mu mateka ya Zambia.

Perezida Edgar Lungu wavutse mu 1956, yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu arahira kuwa 25 Mutarama 2015.

Perezida mushya wa Zambiya Edgar Lungu yari Minisitiri w'Ingabo

Perezida Lungu yatangaje guverinoma ye kuri uyu wa mbere, itagaragaramo Guy Scott, wayoboraga Zambiya mu nzibacyuho kuva mu Kwakira 2014 ubwo uwari Perezida Michael Sata yari amaze gupfa.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages