Biden w’imyaka 81 yabitangarije ku mbuga nkoranyambaga akoresheje ibaruwa yandikiwe mu rugo rwe ruri muri Leta ya Delaware, mu Burasirazuba bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika, aho yari amaze iminsi arwariye icyorezo cya Covid-19.
Ntabwo Biden yatindijemo, amaze kuvuga ko atagikomeje urugendo rwo kwiyamamaza, yahise atangaza ko ashyigikiye Visi Perezida we, Kamala Harris, anasaba abandi kumujya inyuma kugira ngo azatsinde Donald Trump bahanganye.
Havuzwe byinshi ku kwivana mu matora kwa Biden birimo kuba yaba yahatiwe kwegura.
Kurikira iki cyegeranyo usobanukirwe



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!