Kwiyongera k’umutungo wa Elon Musk kwaturutse ahanini ku kuzamuka kw’agaciro ka Tesla ndetse n’ibindi bigo afite. Ni we muntu wa mbere utunze miliyari 500$, ubayeho mu mateka y’Isi.
Kugeza ubu Elon Musk, aracyayoboye urutonde rw’abantu bakize ku Isi. Akurikirwa na Larry Ellison washinze sosiyete ya Oracle, ufite umutungo ungana na miliyari 350,7$.
Elon Musk afite umutungo urenga miliyari 500$



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!