Mu bafatiwe ibihano harimo Minisitiri w’Umutekano Wungirije, Seyed Hamzeh Ghalandari ndetse na Sosiyete ishinzwe gutwara abantu mu ndege muri icyo gihugu.
EU yatangaje ko ibyo bihano byatanzwe kubera ko u Burusiya bwemerewe kugura intwaro kandi ari izo kujya gukoresha mu ntambara muri Ukraine.
Ibihano byatanzwe ni ugufatira imitungo y’abo bantu iherereye i Burayi no kubabuza gukorera ingendo mu bihugu bigize uwo muryango.
Iran yahakanye ibyo ishinjwa byo kohereza intwaro mu Burusiya.
Iki gihugu gifatiwe ibihano mu gihe EU yo kuva mu 2022 imaze gufasha Ukraine iyiha intwaro n’inkunga ya miliyari $129.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!