Jean Mari Gatabazi wahoze ari depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka hafi icumi, kuri ubu usigaye yungirije Umuyobozi Ushinzwe Ibikorwa by’Itumanaho muti RBC (Rwanda Biomedical Centre) yagiranye ikiganiro na IGIHE adutangariza byinshi kubyo atekereza kuri Rwanda Day ndetse n’ibanga yumva ryatuma iterambere ry’Abanyarwanda rirushaho kwiyongera.}
Yagize ati : "Umwanya nk’uyu ni urubuga aho Abanyarwanda dukwiye lumva ko turi ku rugamba rwo guharanira Agaciro kacu n’igihugu cyacu, duharanira ukuri kandi tugatoza Abanyarwanda kumva ko ukuri kwabo ntawe kugukoma mu nkokora".
Amashusho akurikira ni igice cy’ikiganiro IGIHE yagiranye na Gatabazi



















TANGA IGITEKEREZO