Ni mu gihe Amerika yafatiye ibihano byinshi u Burusiya bigamije kubuca intege ngo buhagarike intambara bwatangije muri Ukraine.
Imibare igaragaza ko muri Gicurasi uyu mwaka, Amerika yakuye mu Burusiya ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni $504, ni ukuvuga inshuro zisaga ebyiri ugereranyije na miliyoni $215.6 z’ibyaguzweyo muri Mata.
Ukwezi kwa kabiri niko kumaze guca agahigo muri uyu mwaka aho Amerika yaguze mu Burusiya ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni $642.8.
Ibyo u Burusiya buvana muri Amerika bikomeje kugabanyuka kuko muri Gicurasi haguzwe ibingana na miliyoni $60, avuye kuri miliyoni $65.2 muri Mata.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!