Mu cyumweru gishize nibwo Iran yohereje ibitero bya Misile kuri Israel, nko kwihimura ku rupfu rw’abayobozi bakuru mu mutwe wa Hamas na Hezbollah.
Hari ubwoba bw’uko Israel ishobora kwihorera, bigateza intambara mu Burasirazuba bwo Hagati aho ibyo bihugu bibarizwa.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran yatangaje ko biteguye kucyo Israel yakora cyose.
Ati “Twavuze kenshi ko nta ntambara Iran ishaka ariko ntabwo tuyifitiye ubwoba, turiteguye.”
Abbas yavuze ko bamaze kwitegura kwirwanaho kucyo Israel yakora cyose.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!