Ibi byakozwe mu gihe Joe Biden yari amaze iminsi afite igisebe ku mutwe, ibintu byagaragazaga uburwayi bwa kanseri bwashoboraga no kuba bwamuhitana.
Abaganga bamubaze batangaje ko byari ngombwa mu rwego rwo gukuraho igice kirwaye kugira ngo ibindi bice bidafatwa kuko kanseri igenda ikura ikaba yafata n’ibindi bice.
Si ubwa mbere iki kibazo cya kanseri kigaragaye, kuko byatangajwe ko mu 2023 yabazwe ikibyimba mu gatuza, ndetse aza no guhura n’ubundi burwayi bwa kanseri ya prostate yari imaze kugera mu magufa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!