Ubusanzwe iki gihugu cyabujijwe n’Akanama ka Loni gashinzwe umutekano gukomeza kugerageza intwaro za kirimbuzi.
Abayobozi b’u Buyapani batangaje ko izo missiles ebyiri zatewe saa moya z’igitondo ku isaha yo muri icyo gihugu kuri uyu wa Kane (hari saa yine z’ijoro ku isaha y’i Kigali ku wa Gatatu).
Byakoze urugendo rw’ibilometero 420 na 430 byombi mbere y’uko bigwa mu mazi hafi y’agace kahariwe ibikorwa by’ubucuruzi mu Buyapani. Nta kintu na kimwe byigeze byangiza.
Hari hashize umwaka Korea ya Ruguru igerageje ibindi bisasu bya kirimbuzi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!