Uyu mugabo yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ati “Biragaragara neza ko Abanyamerika batoye Donald Trump na Visi Perezida Pence muri manda y’indi myaka ine, ukundi gutinda no guhakana kuri mu bitangazamakuru ni ibyo gutuma gusa intsinzi ya nyuma igerwaho.”
Ku wa Gatatu Trump yasabye ko bahagarika kubarura amajwi, ahubwo atangaza ko ari we watsinze, mu gihe umwanzuro w’uwatsinze utaratangazwa.
Kuri ubu mu majwi amaze kubarurwa agaragaza ko Joe Biden ari we uri mbere na votes 253 naho Donald Trump afite 213, mu gihe hakenewe ko utsinda aba afite 270.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!