Imibare n’ubwo itaramenyekana neza y’abaguye mu mutambagiro mutagatifu, ariko ibitangazamakuru byanditse ko bamaze kugera kuri 700.
Papa Francis yatanze ubutumwa bwihanganisha Abayisilamu babuze ababo, avuga ko Kiliziya Gatolika yifatanyije nabo mu kababaro



















TANGA IGITEKEREZO