Ku wa 27 Kanama 2026, Trump yashyize umukono ku iteka ryo guhindura izina ry’iki kiyaga. Iri teka riteganya ko Minisiteri y’Umutekano Imbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika igomba guhita ishyira mu bikorwa izi hinduka.
Ikiyaga cya Ontario ni kimwe mu biyaga bitanu bikomeye byo muri Amerika y’Amajyaruguru. Gihana imbibi n’intara ya Ontario muri Canada ndetse na Leta ya New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, ntibyagize icyo bivuga kuri iki kibazo.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!